资讯
Radio Rwanda is a public Radio channel owned by Rwanda Broadcasting Agency and broadcasting in Kinyarwanda, French, English and Kiswahili. It has branches countrywide known as Comunity Radios such as ...
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Amb. Olivier Nduhungirehe, yavuze ko ayo masezerano azashingira ahanini ku ...
Kuri uyu wa Gatanu, u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo basinye amasezerano y’amahoro yateguwe na Leta Zunze ...
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Rubavu by'umwihariko abo mu bice by’icyaro beretse Abasenateri ko bigoye kubona ibicanwa bitangiza ibidukikije kuko ubushobozi bwabo butabemerera kubyigondera. Aba ...
U Rwanda rwitabiriye Imurikagurisha Mpuzamahanga ry'Ubukungu n'Ubucuruzi rihuza Afurika n'u Bushinwa, riri kubera mu Mujyi wa Shangsha [Shangsha International Exhibition Center], mu Ntara ya Hunan.
Abahinzi b’imboga n’imbuto barenga ibihumbi 30 barishimira kuba basigaye bahinga bizeye isoko, ibi kandi bikaba byarazamuye imibereho myiza yabo. Babitangaje ubwo Umuryango TearFund wabafashije, ...
U Rwanda rwageze ku ntego yarwo ko nibura abana b’Abanyarwanda 45% bajya banyura mu cyiciro cy’amashuri y’incuke mbere yo gutangira abanza. Ni mu gihe intego ari ukuzamura iyo mibare ikagera muri 65% ...
Mu myaka itanu ishize, Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB, rwashyikirije Ubushinjacyaha dosiye 148 z'abakurikiranyweho ubwambuzi bushukana by'umwihariko ubushingiye ku bantu bizeza abandi ko ...
Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, CG Felix Namuhoranye, yashimiye abayobozi bakuru b’inzego z’umutekano bitabiriye umuhango wo gusoza amasomo ya ba Ofisiye bakuru bamaze umwaka biga mu Ishuri ...
Umuryango FPR Inkotanyi wasinyanye amasezerano n’Ishyaka Communist Party of China, agamije kongera imbaraga mu mikoranire nyuma y’imyaka ikabakaba 20 impande zombi zifitanye umubano mwiza. Aya ...
Inzobere mu rwego rw’ubuzima zigaragaza ko ubufatanye bw’inzego ari ryo zingiro mu gukuraho icyuho kigaragara mu bushakashatsi mu by'imiti n’inkingo ku mugabane wa Afurika. Ibi izi nzobere zabitangaje ...
Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yashimye ibitero Amerika yagabye ku bikorwa bya Nucléaire bya Irani, mu gihe Perezida Trump we yemeje ko ibikorwaremezo byose bya nikeleyeri muri ...
一些您可能无法访问的结果已被隐去。
显示无法访问的结果